May 22, 2013

Ruhango: nyuma y’ibyumweru bibiri abanyeshuri ba E. S. Byimana batangiye kwiga

Posted on May 16, 2013 by in Amasomo

Ubwo abashinzwe

Abanyeshuri 409 ba Ecole de science Byimana bari bamaze ibyumweru bibiri bibereye iwabo kubera ikibazo cy’amacumbi yabo yari yahiye, kuri uyu wa mbere tariki ya 13/05/2013 nibwo bongeye kwicara mu ishuri bariga. Iyi nyubako yahiye tariki ya 23/04/2013 ihiramo ibikoresho bitandukanye by’abanyeshuri, ubuyobozi bw’ishuri bufatanyije n’ubuyobozi bw’akarere bwanzura ko aba banyeshuri baba batashye kugirango hashakishwe [...]

Ruramira community gets mobile library

Posted on May 11, 2013 by in Amasomo, English

One of the Mobile Libraries

Ruramira Community in the Eastern District of Kayonza has become the fourth to receive a public mobile library. The library which was launched at Ruramira Secondary School is an effort by Rwanda Education Board (REB) and the USAID-funded Literacy, Language, and Learning (L3) Initiative. The Community Mobile Library initiative promotes a culture of reading by [...]

Burera: Abanyeshuri batangiye icyiciro cya kabiri cy’Urugerero

Posted on April 24, 2013 by in Imyitwarire

Abanyeshuri batangiye

Urubyiruko rw’abanyeshuri bo mu karere ka Burera barangije amashuri yisumbuye, batangiye icyiciro cya kabiri cy’Urugerero mu mirenge batuyemo, bakomeza gukorera ubushake ibikorwa bifitiye igihugu akamaro. Abo banyeshuri batangiye icyiciro cya kabiri cy’Urugerero tariki ya 22/04/2013. Tariki ya 28/03/2013 nibwo abo banyeshuri bagombaga gusoza gahunda y’Urugerero. Urugerero bari kuba bamaze mo amezi atatu. Hakizayezu Pierre Damien, [...]

Gakenke: Urubyiruko rurakangurirwa kwigira ku mateka ya Jenoside

Posted on April 10, 2013 by in Imyitwarire

Minisitiri ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Minisitiri y’ibikorwaremezo, Imena Evode arakangurira urubyiruko kwigira ku mateka ya Jenoside kugira ngo baharanire kubaka u Rwanda rwiza kandi rukomeye mu ruhando rw’amahanga. Avuga ko Jenoside yatewe n’ubuyobozi bubi  bwigishije urwango mu Banyarwanda bubyara Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Imena yakomeje avuga ko urubyiruko nirwubakira ku rukundo  rugaharanira [...]

Kamonyi: Barasaba ko uburezi budaheza bujyana n’iterambere ridaheza

Posted on April 6, 2013 by in Ibikorwa

Barasaba ko uburezi budaheza

Abakora ubuvugizi ku bantu bafite ubumuga batangaza ko hari gahunda z’iterambere abafite ubumuga bahezwamo, mu gihe ari bo baba bakeneye gufashwa kurusha abandi. Mu mahugurwa y’abakuru b’imidugudu, kuri gahunda y’uburezi budaheza, yabereye mu kigo CEFAPEK, basabwe kwinjiza muri gahunda z’iterambere abafite ubumuga. Mu bibazo bagaragaza, ni ukuba abafite ubumuga badashyirwa mu byiciro by’abatishoboye, kutagana ishuri, [...]

Rulindo: mu bigo by’amashuri Hagiye gushingwa clubs zizajya zigisha urubyiruko guharanira gukurana umuco n’ubutwari.

Posted on April 2, 2013 by in Imyitwarire

Ngo kuba abana bazajya bahabwa inyigisho ku birebene n’umuco n’ubutwari bakiri bato bizajya bituma bakura bazi neza  indangagaciro z’umuco nyarwanda bityo bakure bafite umuco muzima no kurushaho guharanira kuzaba intwari mu buzima bwabo. Ni muri urwo rwego, Minisiteri y’umuco na Sport yahaye amahugurwa bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri mu karere ka Rulindo, mu rwego rwo [...]

Kayonza: Abana barasabwa kwamaganira kure ababashuka babashora mu ngeso mbi

Posted on March 27, 2013 by in Imyitwarire

Abana barasabwa

Umuyobozi w’akarere ka Kayonza wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mutesi Anita, arasaba abana kwirinda umuntu wese wabashuka agamije kubashora mungeso mbi z’ubusambanyi no kunywa ibiyobyabwenge. Yabibwiye abanyeshuri biga mu bigo by’amashuri yo mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza tariki 25/03/2013, muri gahunda yo kwamagana ihohoterwa rikorerwa abana b’abakobwa. Yasabye abana b’abakobwa by’umwihariko kwirinda [...]

Rwandan students urged to value their culture

Posted on March 27, 2013 by in English, Imyitwarire

Jean Jacques Mulopwe talking to HVP Gatagara Students

The Depute head teacher of HVP Gatagara Secondary School in Huye District Jean Jacques Mulopwehas called upon students and other young Rwandans to cling to their cultural norms, saying that living without culture is a valueless living. This was said when the institution for Rwanda Museums had visited students in HVP Gatagara School to encourage [...]

Huye: Mu ishuri rya PIASS biyemeje kugira uruhare mu kurwanya ibiyobyabwenge

Posted on March 27, 2013 by in Imyitwarire

Mu ishuri rya PIASS

Mu Ibiganiro byatanzwe ku biyobyabwenge, abanyeshuri bo mu ishuri rikuru ry’abaporotesitanti ry’ubugeni n’ubumenyi mbonezamubano, PIASS, bagiranye n’abantu batandukanye kuwa 22/3/2013, byabasigiye ishyaka ryo gushyiraho amaclub yo kurwanya ibiyobyabwenge. Rubonezabigwi Theodomir, umuyeshuri wiga muri iri shuri, akaba anakuriye abiga mu ishami ry’uburezi, nyuma y’ibiganiro yavuze ko n’ubwo kugeza ubungubu batazi niba hari abo bigana baba banywa [...]

Muhanga motorcyclists pinned over defilement

Posted on March 9, 2013 by in English, Imyitwarire

Teachers of 9 and 12 Year basic education in Muhanga district have revealed that motorcyclists are the prime suspects of rape and impregnating under age girls.

Jean Damascene Sindizera, a teacher at Nyabisindu Primary School in Nyamabuye sector in Muhanga district, says that some motorcyclists are employed permanently to take children to school and back home, which gives them much time to interact. They lie to the young girls telling them what they are doing is good and girls won’t report [...]