Rubavu: abana barenga 900 bataye ishuri muri uyu mwaka
Posted on February 20, 2013 by admin in Imyitwarire

Nubwo akarere ka Rubavu kishimira ibikorwa by’uburezi by’umwaka wa 2012 birimo umubare w’abana batsinze hamwe n’ibyumba by’amashuri byubatswe ngo haracyagaragara inzitizi k’uburezi zirimo umubare w’abana bata ishuri. Kuba akarere ka Rubavu kegereye ikiyaga cya kivu n’umujyi wa Goma byagombye kuba amahirwe atuma aka karere gatera imbere, gusa hamwe hagenda hagaragara ibibazo by’abana bata ishuri bakigira [...]
Kayonza: JICA trains science teachers
Posted on February 20, 2013 by admin in Amasomo, English

Science teachers from four Secondary Schools from four Districts of the country were trained on a new methodology of instruction that makes students understand much quicker what they are being taught. The training was prepared by Kayonza Modern School in Kayonza district and the schools mathematician teacher who is a volunteer of The Japan International [...]
Ngoma: Ibigo by’amashuri bikwiye kugira uruhare mu iterambere ry’aho biri
Posted on February 20, 2013 by admin in Umwarimu

Mumuhango wo kumurikira,umuyobozi mushya w’ ikigo cya GS Kabare giherereye mu karere ka Ngoma, uyu muyobozi mushya yavuze ko iri shuri rigiye kugira ururhare mu buzima bwiza bw’abaturiye iki kigo ndetse n’ahandi. Padiri Anicet Ndazigaruye yasimbuye kumwanya w’ubuyobozi bwa GS Kabare Ndaruhutse Aloys wagiye mukiruhuko cy’izabukuru. Mu ijambo rye ,Umuyobozi mushya w’iki kigo yavuze ko [...]
Abana bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga barashoboye
Posted on February 20, 2013 by admin in Ibikorwa

Abana bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga nabo barashoboye,ari nayo mpamvu bakwiye kwitabwaho bagahabwa agaciro muri sosiyete Nyarwanda ndetse n’ababyeyi babo bakabashyira mu mashuri,bakagira uburenganzira nk’ubw’abandi nk’uko Dusabumuremyi Pascal Umuyobozi w’ishuri rya Nyabihu ry’abatumva batanavuga “Nyabihu demonstration school for the deaf” yabidutangarije. [...]
Burera: Parents urged to embrace 12YBE program
Posted on February 20, 2013 by admin in English, Imyitwarire

Burera District administration has urged parents to embrace 12 Year Basic Education Schools because children in these schools study and excel academically like in other schools. The district authorities say that some parents never allow their children to go to 12 year basic education schools thinking they do not offer quality education. Some parents [...]



