Burera: Ubuyobozi bushishikariza ababyeyi gutangiza abana babo muri 12YBE
Posted on February 19, 2013 by admin in Imyitwarire

Ubuyobozi bw’akarere ka Burera bukomeza gushishikariza ababyeyi bo muri ako karere kujyana abana babo kwiga mu mashuri y’ibanze y’imyaka 12 (12YBE) kuko abayigamo biga kandi bagatsinda nk’abandi banyeshuri biga mu yandi mashuri ya “Internat”. Ubu buyobozi butangaza ibi mu gihe hari bamwe mu babyeyi bo muri ako karere badashishikarira kujyana abana babo kwiga mu mashuri [...]
RUSIZI: BARISHIMIRA INTAMBWE BATEYE MU BUREZI
Posted on February 19, 2013 by admin in Ibikorwa

Akarere ka Rusizi karishimira imitsindishirize y’abana mu mwaka w’amashuri wa 2012 ugereranyije n’umwaka wawubanjirije kuko ngo kongereye amanota. Gusa mu nama y’abayobozi b’Ibigo by’amashuri yateranye kuri uyu wa gatanu, tariki 15/2/2013 abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakanguriwe kurushaho gukurikirana imyigishirize mu bigo bayobora kandi bakagira imihigo n’abarezi kugira ngo bazarusheho gutsindisha muri uyu mwaka w’amashuri. Umurenge wa [...]
Kayonza: Abarimu bigisha amasomo ya siyansi bahuguwe ku buryo bwo kwigisha butuma abanyeshuri bumva isomo vuba
Posted on February 19, 2013 by admin in Amasomo

Abarimu bigisha amasomo ya Siyansi bo mu bigo bine byo mu turere tune tw’igihugu bahuguwe ku buryo bwo kwigisha butuma abanyeshuri bumva isomo vuba. Ayo mahugurwa yateguwe n’ishuri rya Kayonza Modern School ryo mu karere ka Kayonza ku bufatanye na Kadota Ryo wigisha isomo ry’imibare muri iryo shuri, akaba n’umwe mu bakorerabushake b’ikigo cy’Abayapani gishinzwe [...]



