May 24, 2013

Ruhango: ESAPAG ishuri ryisumbuye ryigenga ryatangiye bwa mbere mu Rwanda

Posted on February 15, 2013 by in Ibikorwa

Ishuri rya ESAPAG ryigenda ryashinzwe bwa mbere mu Rwanda mu 1981

Ishuri Ecole Secondaire de l’Association de Parents Adventistes de Gitwe “ESAPAG” riri I Gitwe mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango, niryo ryabimburiye andi mashuri yisumbuye yigenda mu Rwanda. Ku ikubitiro tariki ya 25/09/1981 ababyeyi b’I Gitwe bibumbiye mu ishyirahamwe APAG nibwo bashyizeho  ishuri ryisumbuye rya ESAPAG.   Urayeneza Gerald umwe mu babyeyi bashinze [...]

Gakenke: Bakoze urugendo rwo kwamagana ibiyobyabwenge

Posted on February 15, 2013 by in Imyitwarire

Urugendo rwo kwamagana ibiyobyabwenge rwitabiriwe n'abantu batandukanye.

Abanyeshuri, abamotari, abayoboke b’amadini, abapolisi  n’abayobozi  batandukanye bitwaje ibyapa n’ibitambaro biriho ubutumwa bwo kurwanya ibiyobyabwenge, kuri uyu wa kane tariki 14/02/2013,  bakoze urugendo rwo kwamagara ibiyobyabwenge byugarije urubyiruko by’umwihariko. Uru rugendo rwatangiriye mu Gasentere ka Gakenke, abarwitabiriye  berekeza ku Kibuga cya Nemba  mu Murenge wa Nemba. Urugendo nk’uru rwabereye mu Mirenge yose igize Akarere ka [...]