Agahimbazamusyi ka mwarimu ni ngombwa ariko nawe agatanga uburezi bufite ireme.
Posted on February 8, 2013 by admin in Umwarimu
Abayobozi mu bigo by’amashuri bitandukanye mu karere ka Rulindo,ngo basanga hagombye gushyirwa imbaraga mu gutanga agahimbazamusyi ka mwarimu. Bamwe mu barimu ndetse n’abayobozi bavuga ko iyo mwarimu yahawe agahimbazamusyi bimwongerera imbaraga zo gukorana umwete ,bityo abo yigisha nabo bakabasha guhabwa ubumenyi neza. Ariko ngo n’ubwo mwarimu aba akeneye ako gahimbazamusyi,ngo hari n’abarimu usanga bagahabwa kandi [...]
Igishinwa kirigishwa mu bigo by’amashuri yisumbuye bya Rulindo.
Posted on February 8, 2013 by admin in Amasomo

Bimwe mu bigo by’amashuri yisumbuye byo mu karere ka Rulindo,kuri ubu byashyizeho gahunda yo kwigisha abanyeshuri babyigamo ururimi rw’igishinwa. Nk’uko bivugwa na bamwe mu banyeshuri biga uru rulimi,ngo kuba biga uru rulimi ,basanga bishobora kuzabagirira akamaro mu minsi iri imbere,ngo dore ko abaruzi ari mbarwa mu Rwanda,bityo ngo bakazaba bakenewe . Aba banyeshuria bavuga [...]
Ngoma: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bikorana na VSO barashima ubufatanye nayo
Posted on February 8, 2013 by admin in Ibikorwa
Bamwe mu abayobozi b’ibigo by’amashuri bikorana n’abakorerabushake mpuzamahanga VSO, baravuga ko aba bakorera bushake bafasha abanyeshuri mu bumenyi cyane cyane ubw’ururimi. G.S ya Bare ho mu murenge wa Mutendeli mu karere ka Ngoma, yoherejweho aba bakorerabushake baturuka muri America kuhigishiriza mugihe kirenze umwaka. Ubuyobozi bwa GS Bare butangaza ko gukorana n’aba bakorerabushake [...]



