May 23, 2013

Rutsiro : Biyemeje ko uyu mwaka abanyeshuri bose bazatsinda neza bakemererwa kwiga mu bigo bibacumbikira.

Posted on February 5, 2013 by in Ibikorwa

Rutsiro : Biyemeje ko uyu mwaka abanyeshuri bose bazatsinda neza bakemererwa kwiga mu bigo bibacumbikira.

Nyuma y’uko urwunge rw’amashuri rwa Congo Nil rubaye urwa kabiri ku rwego rw’akarere ka Rutsiro mu gutsindisha neza abanyeshuri bakoze ikizamini gisoza icyiciro rusange, ubu noneho ubuyobozi bw’ikigo bufatanyije n’ababyeyi bwihaye intego y’uko uyu mwaka bazatsindisha neza kurushaho ku buryo abanyeshuri biga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye bose bazajya kwiga mu bigo bibacumbikira (internat) [...]

Rwanda I Huye: N’abana batoya bazi intwari z’u Rwanda

Posted on February 5, 2013 by in Imyitwarire

Huye: N’abana batoya bazi intwari z’u Rwanda

Kuba n’abana batoya basobanukiwe intwari z’u Rwanda byagaragariye mu muvugo abana babiri biga ku kigo cya Butare Catholique mu mashuri abanza bavugiye imbere y’abari bitabiriye ibirori byo kwizihiza izo ntwari kuri uyu wa 1/2/2013. Abo bana babiri ari bo Marie Jeanne na Sindikubwabo, mu muvugo wabo bavuze ko intwari z’u Rwanda zababereye urugero rwiza bumva [...]

Rwanda I Abarimu bakeneweho umusanzu wo kwigisha abana gukora isuku

Posted on February 5, 2013 by in Umwarimu

Abarimu bakeneweho umusanzu wo kwigisha abana gukora isuku

  Kugira ngo abana bato bakurane umuco wo kugira isuku no kumenyera gukora uturimo duto duto two mu rugo, abarimu bakeneweho umusaruro mukwigisha abana bato kugira ubumenyi muri bene iyo mirimo. Nubwo icy’ibanze ari ubumenyi bw’ibyo bigishwa mu mashuli, hari aho usanga umwana arangiza amashuli abanza nta mirimo yo mu rugo azi gukora, bityo ubwo [...]

Rwanda I Musanze – Abanyeshuri 33 batishoboye bagiye kubonerwa amafaranga n’ ibikoresho by’ishuri

Posted on February 5, 2013 by in Ibikorwa

Musanze - Abanyeshuri 33 batishoboye bagiye kubonerwa amafaranga n’ ibikoresho by’ishuri

Abanyeshuri 33 batsinze ikizamini gisoza amashuri abanza bakoherezwa mu bigo bitandukanye, ntibabashe kubona amafaranga y’ishuri bagiye kurihirwa amafarnga ndetse n’ibikoresho kugeza barangije amashuri yisumbuye. Aba banyeshuri bagiye gutoranywa muri bagenzi babo 55, bagiye kurihirwa n’umuryango ASEF, usanzwe ukora igikorwa cyo kurihirira abana b’abakene, batsinda ikizamini cy’amashuri abanza, nyamara ntibabone amafaranga y’ishuri ndetse n’ibikoresho ngo bajye [...]